in

“Bijoux ntiyigeze abana n’umugabo”-Bamenya ahishuye byinshi k’umubano wa Bijoux na Lionel

Umukinnyi wa filime Bamenya wamaze kwigarurira imitima y’abenshi kubera filime ye ikunzwe n’abatari bake mu Rwanda.

Mu kiganiro yagiranye na sabin yahishuye ko umwe mu bakinnyi biwe uzwi ku izina rya Bijoux ko ntabwo yigeze abana n’umugabo kuko ntabwo basezeranye mu mategeko.

Bamenya kandi yagarutse ku Pasiteri wasezeranyije ko ntawe yavuze ko bamushutse bityo yongera kwemeza ko Bijoux ntiyigeze abana n’umugabo we Lionel.

Yongeye guhishura ko mu bukwe bwa Bijoux na Lionel basabye bakanakwa gusa hategerejwe ibindi birori byo kujya mu murenge no kwiyakira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakoresha Twitter bongeye kwerekana isura ya The Cat wavuze ko ataziyerekana (Amafoto)

Shaddyboo na Kate Bashabe bagiye guhurira muri sitade bafana ikipe ikunda Aba-Slayqween