in , ,

Bijoux ari mu marira nyuma yo gutandukana n’umugabo we

Munezero Aline wamenyekanye muri bamenya Series nka Bijoux mu gahinda kenshi yanze kwerura ku itandukana rye n’umugabo we Sentore Lionel.

Ni mu gihe hari hashize igihe gito kingana n’amezi 5 akoze ubukwe n’umugabo we Lionel Sentore, kugeza ubu aba bombi bamaze gutandukana ariko Bijoux yirinda kubyemeza no kubivugaho byinshi, ahubwo avuga ko bizamenyekana mu minsi micye.

Iyi nkuru kandi ya Bijoux yavuzweho byinshi mu binyamakuru Binyuranye no ku mbuga nkoranyambaga ariko nyir’ubwite aryumaho.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meddy yaciye agahigo gakomeye mu Rwanda

Amakuru yihutirwa: Rayon sport igaruye Kagere Meddy i Kigali