in

Biherereye Gasogi FC ikubise APR FC ibaha impamba yo kujya muri Tunisia

Ni umukino wa gicuti wahuje APR FC ndetse na Gasogi FC ubera i shyorongi aho APR FC ikorera imyitozo ndetse uyu mukino akaba ari nta mufana wari uhari.

Igitego cyo ku munota wa 22 w’umukino  Irakoze Mugisha Nelson yatsinze igitego ari cyo cyafashije Gasogi United kwisasira APR FC.

APR FC ifite undi mukino iza guhuramo na Police FC kuri stade ya nyamirambo bakaba banabujije abafana kwitabira.

APR FC yari imaze iminsi myinshi yiherereye icecetse nta makuru baheruka gutangaza abantu bari baziko irimo kwitegura neza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Social mula yibasiye ikinyamakuru cya mbere mu Rwanda gutangaza ibihuha

Zaba Missedcall yaba yabonye umukobwa w’ikizungerezi yasimbuje Miss Lynda ? (Amafoto)