in

Bigoranye, Bruce Melody avuye muri gereza yemeye gutanga akayabo

Polisi y’u Burundi yarekuye umuhanzi Bruce Melodie, wari watawe muri yombi ubwo yari akigera muri icyo gihugu cy’uburudi aho yashinjwaga ko hari amafaranga abereyemo umwe mu bashoramari bakomeye, unategura ibitaramo muri iki gihugu.

Uyu muhanzi yafashwe ajyanwa kuri sitasiyo ya Police i Burundi kubera amafaranta yariye uwateguraga ibitaramo mu mwaka wa 2018 ariko akaza kubambura yitwaje umutekano mucye.

Nyuma y’ubwumvikane, Bruce Melody yafunguwe hanyuma akaba agiye gukomeza kwitegura igitaramo cye.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu wari uhenze kurusha abandi mu Rwanda yamaze gusezererwa mu ikipe yakinagamo

Rayon Sports ifatiranye Mukura Vs iri mu bukene iyikubitira ku itara