in

Bigeze aho biryoshye ! Element ukomeje kwigarurira imitima ya benshi agiye kuzenguruka Afurika

Umuhanga mu gutunganya imiziki akaba n’umuhanzi hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya Element akomeje kwigarurira imitima ya benshi.

Kuri ubu uyu muhanzi yatangaje ko agiye gukora ibitaramo bizenguruka Afurika mu bihugu bigiye bitandukanye.

Uyu muhanzi agiye kuzenguruka Afurika Yifashishije indirimbo ze ebyiri harimo “Kashe” ndetse na Foi de toi yakoranye na Bruce Melodie na Riskana.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

‘Yahatwitse ubundi arimanukira’ I Nyarugenge, habereye inkongi y’umuriro yatejwe n’umugabo umwe rukumbi wari ufite icyo agambiriye (AMAFOTO)

‘I Nyarugenge inkuba zikubise imvura itaguye’ Ikipe ikomeye muri iyi minsi kubereka gutitiza umugi isinyishije umukinnyi w’iyindi kipe nayo itoroheje