in

BIG Fizzo yifurije isabukuru nziza umwana we witwa Nikita

Amazina y’abana ba Mugani Desire benshi muzi nka Big Fizzo, ni kimwe mu bikunze kuvugwako cyane cyane Iburundi, arigacye yemera abana be.

Ku musi wo ku wa 4 akaba aribwo   yasangije abafana be ubutumwa bwo kwifuriza isabukuru nziza umukobwa we, Mugani Nikita, yabyaranye n’umunyarwandakazi.

Muri ubwo butumwa, Big Fizzo yamwifurije isabukuru nziza anamusabira kurindwa n’ imana ana mubwira ko amukunda cyane.

Nikita akaba ari umwe mu bana batari bake ba Big Fizzo, barimwo abo yemera n’abandi ataragira icyo abatangazaho, hakaba hari n’undi uheruka kuboneka i Kigali w’umuhungu uvuga ko nyina yapfuye agasiga amubwiye ko Se ari Mugani Desire uzwi kwizina rya Big Fizzo.

Abafana be bakababavuze  amagambo atari make kuri iyi foto aho abatari bake bamaze kwemera kuza mushimira bakaba bashimye ubwiza bw’uwo mwana w’umukobwa, bivugwa ko ari mu kigero k imyaka 18

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kate Bashabe yongeye gushimangira ko ari umunyamideli ukomeye”Noneho ari mu myambaro yo mu cyaro”.

Niyo Bosco nyuma yo gutangaza ko atishimiye ubuzima abayemo, hari ikintu yasabye abantu be