in

Kate Bashabe yongeye gushimangira ko ari umunyamideli ukomeye”Noneho ari mu myambaro yo mu cyaro”.

Umushabitsi akaba n’umunyamideli Kate Bashabe yatunguye abantu ubwo yagaragaraga mw’isura y’abantu batuye mu cyaro(mu giturage).

Yifashishije indirimbo ya Orchestre Impala yitwa “Dativa” Kate Bashabe na bagenzi be babanyamideli bagaragaje mu mafoto imico y’abantu batuje mu giturage kuntu ib’imeze.

Aho muri iyo mico Kate Bashabe na bagenzi bagaragaje harimo, kugenda ku igare umugabo ahetse umugore,kwifotoza hagati y’abakundana,kwifotoza nk’umuryango,guhana indabo hagati y’abakundana n’ibindi biranga abantu batuye mu cyaro.

Kate Bashabe akimara gushyira ayo mafoto yanze yabajije abamukurikira ku rubuga rwe rwa Instagram ati:”ni gute twabikoze kw’icumi mwaduha angahe” yakiriye comments nyinshi ariko inyinshi mur’izo n’izimubwira ko bamukunda.

Kate Bashabe yangeye gushimangira ko ari umunyamideli ukomeye.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza ku bakunze itsinda rya Dream Boyz nyuma y’igihe kinini baratandukanye ubu bagiye kongera kuririmbana

BIG Fizzo yifurije isabukuru nziza umwana we witwa Nikita