in

Big Boss yahishuye ko akunda kurya no gutera akabariro |arya amasorori atatu y’ibiryo

Big Boss ,umwe mu bagabo bafite umubyibuho udasanzwe mu Rwanda aho aniyemerera ko nta muntu numwe bangana yatangaje ko ashimishwa no kurya ndetse no gutera akabariro.

Ikintu cya mbere kigaragara kuri uyu mugabo ni uburyo afite umubyibuho udasanzwe ari nabyo bituma agereranywa na Rick Ross. Yemeza ko nta muntu n’umwe bangana mu Rwanda. Big Boss ujya unyuzamo akaririmba yatangarije Xlarge TV ko ari mu bantu bakunda kurya aho avuga ko arya amasorori 3 , ndetse agakunda gutera akabariro nubwo ngo rimwe na rimwe umubyibuho ujya umuvangira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mugabo yemeye gatanga akayabo kugirango ahinduke nk’imbwa|abayeho mu buzima butangaje.

Sergio Ramos yatunguwe n’ababyeyi be ku isabukuru ye y’amavuko.