in

Bidasubirwaho Rayon Sports yamaze gutandukana n’abakinnyi babiri bari inkingi za mwamba

Bidasubirwaho ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana n’umuzamu wayo Ramdhan Kabwili wari umaze amezi 8 gusa.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Haringingo Francis utoza Rayon Sports yemeje ko bidasubirwaho Kabwili yatandukanye na Rayon Sports.

Yavuze ko batandukanye ku bwumvikane hagati y’impande zombi.

Andi makuru avuga ko Ramadhan Kabwili yajyanye na Boubakar Traoré bivuze ko bose batakiri abakinnyi ba Rayon Sports.

Ramadhan Kabwili na Traoré baziye rimwe mu mwaka ushize wa 2022 my kwezi kwa Munani.

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Nyabugogo umugabo yapfiriye muri Lodge

Umuherwekazi Zari yasezeranye n’umusore arusha imyaka 11

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO