in

Bidasubirwaho ikipe ya APR FC yamaze kubona umutoza mushya uhabanye cyane n’uwo abantu bari biteze

Nyuma yo kuzenguruka mu batoza bagiye batandukanye ikipe ya APR FC yaje kubona umutoza mushya.

Miodrag Radulović uyu niwe mutoza mushya wa APR FC

Petrovic azaba ariwe DTN !. Afite imyaka 55 yabaye umutoza wungirije muri Dynamo moscow.

Dukurikije gahunda twari dufite aba bagabo bamaze gusesekara mu Rwanda aho baje gusinya amasezerano ya nyuma ndetse no guhita batangira akazi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Umuntu yatsindisha amagini gute?” Perezida mushya wa FERWAFA ntabwo ariyumvisha ukuntu umupira aje kuyobora hari abandi bawuyoboza imbaraga z’imyuka mibi

“Yari abizi ko ari umugeni” Mu gahinda n’amarira menshi, Mama Pastor ‘Assia’ yasangije abari mu gitaramo cyo kwizihiza ubuzima bw’umugabo we Pastor Théogene uko icyumweru cya nyuma cye ku Isi cyari kimeze – AMAFOTO