in

Benshi ntabwo bari babizi gusa nibyo: Umuhanzi w’icyamamare wise nyakwigendera Multisystem iri zina yatangaje agahinda yatewe n’urupfu rw’uyu munyabigwi

Abantu benshi ntabwo bari babizi gusa nibyo: Umuhanzi wise nyakwigendera Multisystem iri zina yatangaje agahinda yatewe n’urupfu rw’uyu munyabigwi.

Umuhanzi Ngabo Adolphe wamenyekanye nka Kamichi yagaragaje agahinda gakomeye yatewe n’urupfu rw’uyu munyabigwi muri muzika nyarwanda anatangaza ko ari we wamwise iri zina.

Ibyo umuhanzi Kamichi yatangaje abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Harimo nka ‘Niko nabaye by All Star’! Dore urutonnde rw’indirimbo z’ibihe byose muri muzika nyarwanda zakozwe na Producer Junior Multisystem witabye Imana

“Ntabwo twamusinyishije kubera impamvu 3” Perezida wa Rayon Sports yavuze impamvu batasinyishije Niyonzima Olivier Sefu