in

Benshi iyi nkuru ntabwo bayakiriye neza! Umuraperi Drake yatangaje ko agiye gutera irungu abakunzi be

Benshi iyi nkuru ntabwo bayakiriye neza! Umuraperi Drake yatangaje ko agiye gutera irungu abakunzi be.

Umuraperi Drake yatangaje ko agiye guhagarika gukora umuziki by’igihe runaka, nyuma yo gushyira hanze alubumu nshya yise “For All The Dogs”, ugenekereje mu kinyarwanda bivuze “Kubw’ibwa zose”.

Uyu muririmbyi ndetse akaba n’umuraperi ukomoka mu gihugu cya Canada, yamenyekanye mu ndirimbo nyinshi zikomeye harimo izo yakoranye n’abahanzi bakomeye barimo Rihanna ndetse n’abandi agiye kuba ateye irungu abakunzi be.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru w’imikino kuri RBA yasabye ubuyobozi bwa APR FC ndetse n’umutoza wayo ko bamubabarira bakazaha niburi umunota umwe umukinnyi wirengagijwe kugirango nawe ashyirwe ku gipimo nk’abandi

Videwo ikomeje guca ibintu kumbuga nkoranyambaga aho abana basimbukaga bagwa mu cyobo kirekire cyirimo amazi ariko aho bajya ntihagaragare benshi bakavuga ko barimo kujya kwa sekibi, Reba