in

Benshi bagize ngo Maguire yaguzwe mu Mavubi: Amashirakinyoma ku ifoto ya myugariro wa Manchester United, Maguire wagaragaye aberewe mu mwambaro w’ikipe y’igihugu Amavubi (AMAFOTO)

Amashirakinyoma ku ifoto ya myugariro wa Manchester United, Maguire wagaragaye aberewe mu mwambaro w’ikipe y’igihugu Amavubi.

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara amashusho ifoto ya Harry Maguire yambaye imyenda y’ikipe y’igihugu Amavubi.

Benshi bagize ngo yabaye umukinnyi w’Amavubi, gusa sibyo.

Ifoto iri kuzenguruka ikozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga bwa AI (Artifical Intelligent) aho bafashe ifoto ya myugaririro Manzi Thierry bagakuraho umutwe we ni uko bagashyiraho uwa Maguire.

Impamvu ya byose ni uko bizwi ko Maguire asanzwe atanga ikipe ye kandi yakabaye ayitabara bityo rero umukinnyi uramutse atanze ikipe ye na we agereranywa na Maguire.

Iyi foto uri gusetsa benshi cyane ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye kubera ukuntu Manzi Thierry yagereranyijwe na Harry Maguire.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ubonye nyina ashaje agira ngo izo yakowe zapfuye ubusa” Miss Jojo akomeje kugarukwaho cyane nyuma yo kumara igihe atagaragara akaza kugaragara imyaka yariyongereye

Yashotoye Bruce Melodie ashaka kumukubita ikinyafu! Ibyo wamenya ku mukobwa umaze kwigarurira abahanzi nyarwanda mu mashusho y’indirimbo zabo (AMAFOTO)