in

Benda kurusha inka! Ubushakashatsi bwagaragaje ibihugu byibitseho abagabo bafite ubugabo burebure cyane kurusha abandi ku isi

Ubushakashatsi bwagaragaje ibihugu byibitseho abagabo bafite ubugabo (igitsina) bunini cyane kurusha abandi ku isi.

Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu bihugu 90 byakozweho ubusesenguzi bwasanze Igihugu cya Cameroun na Sudan byaje mu bihugu bifite abagabo bafite ibitsina birebire ku isi.

Ni mu gihe Ubufaransa buza mu bifite abagabo bafite binini.

Mu nkuru ya Dailmaily yerekana urutonde rw’ibihugu 20 byambere bifite abo bagabo.

Abashakashatsi bo mu gihugu cy’Ubudage bavuga ko umubare munini wagaragaye mu bihugu by’afurika no muri Asia.

Mu bihugu bifite abagabo bafite ibitsina binini igihugu cya Netherlands kiza kumwanya wa mbere na inshi 6.24(Inchi). Muri rusange, igitsina cy’uwo musore uburebure bwacyo buba buri hagati ya 6 na 10 cm mu gihe kitafashe umurego, ni mu gihe iyo cyawufashe kiyongeraho 2 cm gusa, hari n’abo cyiyongeraho 6 cm, 8 cm, hari n’abo cyikuba kabiri.

Ubu bushakashatsi bwakozwe ku bagabo ibitsina byabo byafashe umurego.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Rayon Sports yamaze kumvikana na Kompanyi ikomeye muri Afurika igiye kuyimenamo amafaranga menshi cyane 

Ibyihishe inyuma y’ubwoba Rosine Bazongere uzwi muri filime nyarwanda yagaragaje avuga ko ahangayikishijwe n’ubuzima bwa Mama we kuko mu gace atuyemo abantu bicwa bitandukanye