in

“Bazamuzane mu kubite agakoni ku nda” Bruce Melodie nta guca kuruhande yanze kuri pfana avuga ikintu abantu batari bazi yifuriza The Ben ushinjwa kuba umwanzi we

“Bazamuzane mu kubite agakoni ku nda” Bruce Melodie nta guca kuruhande yanze kuri pfana avuga ikintu abantu batari bazi yifuriza The Ben ushinjwa kuba umwanzi we.

Umuhanzi Bruce Melodie uri kwisonga muri muzika nyarwanda yakuye abantu mu rujijo ku makuru amaze iminsi avuga ko uyu muhanzi yashatse kwica igitaramo cya The Ben maze atangaza ko nta kintu nta kimwe kibi yifuriza mugenzi we The Ben ahubwo amwifuriza ibyiza gusa.

Melodie yakomeje kubijyanye n’ifoto ye yagaragaye mu gitaramo cya The Ben ubwo yari mu Burundi maze atangaza ko ntaruhare yigeze abigiramo gusa yanavuze ko bitangaje kumva ifoto ye ishobora kwica igitaramo cya The Ben ahita avuga ko iya The Ben bayijyanye mu gitaramo cye ntacyo yahungabanya.

Bruce Melodie yakomeje ku mugambo aherutse kuvugwa na Alex Muyoboke maze agira ati:”Bazamuzane mu kubite agakoni ku nda”.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports inganya amanota n’iya 11! Uko urutonde rwa Shampiyona ruhagaze nyuma yo kunganya kwa Marines FC na Rayon Sports

Ndababwiza ukuri ko mwebwe mwiyita intungane, indaya n’ibisambo bizabatanga mu bwami bw’ijuru – Ijambo ry’Imana