in

Baruhukire mu mahoro! Kigali: Umugabo yatwikiye mu nzu abagize umuryango we, bose uko ari bane ‘4’ nyuma y’aho atwikishije inzu babagamo lisansi

Umuryango w’abantu bane wapfiriye mu nzu wabagamo nyuma y’aho umugabo atwikishije inzu babagamo lisansi. Amakuru avuga ko iyi nzu yatwitswe n’umugabo, nyiri urugo.

Ibi byabereye mu karere ka Gasabo, mu murenge wa Ndera, mu kagari ka Cyaruzinge mu muduhudu wa Murindi.

Flash Radio&TV dukesha iyi nkuru, yatangaje ko ubuyobozi bw’inzego z’ibanze buvuze ko hagiye gushakwa uko abitabye Imana bashyingurwa.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kuva yabyara ntabwo yari yarigeze arabona umwana yibarutse uko asa! Amakuru mashya kuri Irakoze Ariella warwaye ikibyimba gikabije mu maso nyuma y’amazi 3 gusa akoze ubukwe

Umukinnyi utazwi muri Rayon Sports yerekeje ku mugabane w’iburayi