in

Bariya bakobwa ba Ghana bateye nk’abagabo! Nyinawumuntu Grace utoza Amavubi y’abagore asobanura impamvu yatumye batsindwa ibitego burindwi ku busa

Kuri uyu munsi nibwo ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi y’abagore yari yakinnye n’ikipe y’igihugu ya Ghana mu majonjora y’igikombe cy’Afuruka cy’abagire cyizaba umwaka utaha.

Ni umukino ikipe ya Ghana yaje kunyagiramo ibitego burindwi ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi.

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Nyinawumuntu Grace yavuze ko abakobwa be bagizwe ubwoba kubera ko abakinnyi ba Ghana bateye nk’abagabo bameze nkabitera imiti yongera imbaraga.

Akomeza avuga ko bitavuze ko batazajya gukina umukino wo kwishyura kubera ko ni urushabwa bagomba guhatana kugeza ku munota wanyuma.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iyo bitinze birapfa! Abakunzi ba shampiyona y’umupira w’amaguru bari bategereje inkuru yaho bazajya barebera imikino batengushywe

Umurambo w’umuhanzi uherutse kwitaba Imana, ugiye gutabururwa utamaze kabiri ushyinguwe