in

Barihariye! Menya ibanga abakobwa bafite iminwa yo hejuru ibyibye(up lip) mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina

Umuhanga mu by’imitekerereze ya muntu ndetse n’imyororokere Stuart Brody yakoze ubushakashatsi ku bijyanye n’abagore ndetse n’abakobwa bafite aho umunwa wo hejuru uhurira(up lip) habyimbye bagira ibanga ryihariye mu gikorwa cyo gutera akabariro.

Ubu bushakashatsi, nyuma yo kubukorera ku bagore 258 bafite imyaka iri hagati ya 27, Brody yemeje ko iyi miterere y’iminwa ifitanye isano n’umunezero wihariye mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Brody yahamije ko umugore cyangwase umukobwa ufite ubu bwoko bw’iminwa, mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina, arangiza mu gihe gikwiye ndetse kandi ngo aba bakobwa bakunze kugira amavangingo.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Twahirwa
Twahirwa
1 year ago

Amakuru mutangaza nayubugiryi gusa ntimuzi ibyo murimo, maze warangiza uti Journalist Epaphrodite Nsengimana😂😂😂 mwagiye mureba comments zurwamenyo babaha mukisubiraho ko twapfa kubakunda.

Mwitegure kugura ikiro k’ibirayi ku 2000 frw kuko ibintu byakaze

Videwo y’icyumweru: Umusore yabuze Ihene ye ayibonye arayiheka nkuko baheka umwana