in

Bari uruvunganzoka! Abafana ba APR FC bitabiriye imyitozo batigishije inkuta za Sitade zenda kugwa -Amashusho

Ikipe y’ingabo z’igihugu hano mu Rwanda APR FC yakoze imyitozo ya mbere muburyo bwo kwerekana intwaro z’abanyamahabga zaguze.

Kuri uyu munsi nibwo yakoreye imyitozo kuri Kigali Pele Stadium maze itumira abafana bayo ngo baze barebe imyitozo.

Abafana ba APR FC bitabiriye imyitozo batigishije inkuta za Sitade karahava kubera umurindi w’ibyishimo bari bafite.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ngoma: Umugore ushinjwa kuroga mu buryo budasanzwe ku buryo n’inyoni yo mu kirere ayihanura, yahungishijwe igitaraganya nyuma y’uko abantu bavuga ko abaroga bari bagiye kumwihimuraho

Rutahizamu watsinze ibitego 46 mu myaka 4 yari amaze mu ikipe imwe i Nyarugenge, yabonye atabona umwanya muri iyo kipe ni uko maze akuramo ake karenge hacyibona