in

Baramusigarana i Kigali! Rutahizamu wazonze Rayon Sports ku munsi w’igikundiro ari kuganirizwa n’ikipe yahemukiye Murera iyitwara umukinnyi yari yategeye (AMAFOTO)

Baramusigarana i Kigali! Rutahizamu wazonze Rayon Sports ku munsi w’igikundiro ari kuganirizwa n’ikipe yahemukiye Murera iyitwara umukinnyi yari yategeye.

Ikipe ya Police Fc yo mu Rwanda iri mu biganiro na Rutahizamu w’Ikipe ya Polisi ya Kenya, Elvis Machapo Rupiah.

Rupia yatsinze ibitego 27 muri Shampiyona ya Kenya umwaka ushize ndetse aca agahigo k’uwatsinze ibitego byinshi mu mateka y’iyi Shampiyona [26] mu mwaka umwe byaherukaga gukorwa n’uwahoze ari Rutahizamu Charles Odero wakiniraga Scarlet FC mu 1983.

Amakuru yizewe agera kuri YEGOB.RW yemeza ko Police FC y’u Rwanda yifuza gutanga miliyoni 25 Frw kuri Elvis Rupia gusa abahagarariye inyungu z’uyu rutahizamu bakaba bamwifuzamo miliyoni 40 Frw.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ukuntu wari umusore mwiza none wigize inkumi ! Ifoto ya Semuhungu Eric kera arikumwe na Mama we ikomeje kuzenguruka imbuga nkoranya mbaga

Nawe ubikoze wagafata: Umuhanzi Chris Eazy yeruye avuga ikintu kidasanzwe gituma abantu bakunda indirimbo ze bakirengagiza iz’abandi