in

Barambiwe kumwihanganira! Haringingo Francis asigaje umukino umwe gusa uzagena ahazaza he muri Rayon Sports

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Haringingo Francis yahawe amahirwe ya nyuma yo gutsinda ikipe ya APR FC kugira ngo akomeza imirimo yo kuguma gutoza iyi kipe.

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, bwateze Haringingo Francis umukino wa APR FC uzaba ku Cyumweru tariki 12 Gashyantare 2023 ku buryo nawutsindwa azahita yirukanwa.

Ni nyuma y’uko abakurikiranira hafi iby’umupira w’amaguru mu Rwanda bamaze iminsi bavuga ko Haringingo Francis atajya ashyira igitsure ku bakinnyi atoza kuko hakunze kumvikanamo imirwano hagati y’abakinnyi.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amasengesho kuri Pastor Theogene Inzahuke uri mu bitaro

Amakipe yose yo muri Premier League yaciriye urwa Pirato Manchester city, bayifatire ibihano bikakaye