in

Baracyayisahura! Ukuntu byagenze ngo Rutahizamu wa APR FC wayifashije kwegukana igikombe cya Shampiyona yisange yasinyiye ikipe yindi ikomeye

Baracyayisahura! Ukuntu byagenze ngo Rutahizamu wa APR FC wayifashije kwegukana igikombe cya Shampiyona yisange yasinyiye ikipe yindi ikomeye.

Kuri ubu Rutahizamu wa APR FC Nshuti Innocent yamaze kwerekanwa muri Oman mu ikipe ya Al Nalda.

Impamvu APR FC yemeye kurekura uyu musore wari uyihetse ni uko yari izi neza ko igiye kugura abandi bataka bashya bavuye hanze y’u Rwanda.

Innocent kandi ni umwe mu bisabiye iyi kipe ko yajya gushakira ahandi kuko yari abizi neza ko niharamuka haje abandi bakinnyi atari kubona umwanya.

Andi makuru avuga ko APR FC yari yamenyesheje uyu mukinnyi ko atari mu mibare yabo mu mwaka utaha.

Biteganyijwe ko APR FC iratangira gusinyisha abandi bakinnyi bashya muri iki cyumweru.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nabo bazajya bayoza igitiyo: Abakinnyi babiri ba APR FC bayifashije gutwara igikombe cya shampiyona bamaze kugurwa n’ikipe izakina Champions League

Bose bakora bimwe! Urutonde rw’abanyamakuru bagiye bashyingiranwa n’abanyamakuru bagenzi babo bahuriye mu kazi (AMAFOTO)