in

Bamwe bahise bahakura abagore n’abagabo! Abagabo n’abagore batarashaka bahuriye mu masengesho yo gusengera abo bazashakana birangira bamwe bashimanye

Bamwe bahise bahakura abagore n’abagabo! Abagabo n’abagore batarashaka bahuriye mu masengesho yo gusengera abo bazashakana birangira bamwe bashimanye

Mu gihugu cya Nigeria habaye amasengesho y’akataraboneka yahuje abasore n’inkumi batarashaka abagabo cyangwa abagore mu rwego rwo gusengera abo bazashakana.

Aya masengejo yitabiriwe n’abantu benshi cyane gusa ngo igitangaje abakobwa nibo bari benshi muri aya masengejo kurusha abasore.

Aya masengejo kandi ngo yitabiriwe n’umubare munini w’abantu badafite abakunzi, gusa nanone abasore benshi basohotse babonye abo bazabana.

Umwe yagize ati” abasore bose binjiraga hano ari bonyine, gusa igitangaje basohokaga bafatanye ukuboko na bamwe mu bakobwa nabo bitabiriye aya masengejo”.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Messi yakorewe inkweto n’impeta by’agatangaza _ AMAFOTO

Yabaye umukarani, yoza n’imodoka z’abakire! Ubuzima bukakaye bw’umuhanzi Nizzo Kaboss wamenye mu itsinda rya Urban Boys