in

“Bamuhe Ferwafa” KNC yatangiye kugirirwa ikizere ko yabasha koyobora Ferwafa nyuma y’igikorwa cy’ubutwari yakore Cedric

“Bamuhe Ferwafa” KNC yatangiye kugirirwa ikizere ko yabasha koyobora Ferwafa nyuma y’igikorwa cy’ubutwari yakore Cedric.

Nyuma yo kwakira ku mugaragaro Cedric umwe mu bana babujijwe amahirwe yo kujya mu kademi ya Buyern Munich, ubu KNC abaturage batangiye kumubona mo ikizere.

Hirya no hino ku mbuga nkoranya mbaga aho uri kugera hose ukahasanga inkuru ivuga ko KNC yafashije umwana w’imfubyi wambuwe amahirwe yo kujya mu kademi ya Buyern Munich, uri no kuhasanga comment nyinshi zitakagiza zikanashima uyu mugabo KNC.

Ndetse hari aho uri kugera ugasanga abenshi basaba ko uyu mugabo yahabwa Ferwafa ngo kuko babona yayiyobora neza kandi umupira ugatera imbere.

Si ibyo gusa kuko hari n’abatangiye guhindura ikipe bafanaga bakayoboka gasogi kubera igikorwa cy’urukundo uyu mugabo yagaragaje.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali, Umumotari bamukuye amenyo atandatu icyarimwe none ntakibasha kurya akanyama

Mu twenda bajyana muri pisine Christella wo muri Kigali Boss Babes yongeye kumirisha amazi abasore