in

Bakiriye Yesu nk’Umwami n’Umukiza bahita banabatizwa! Byari ibyishimo Iwawa ubwo abagororerwayo babatizwaga abandi bakagarukira Imana (AMAFOTO)

Byari ibyishimo Iwawa ubwo abagororerwayo babatizwaga abandi bakagarukira Imana.

Kuri uyu wa 27 Kamena 2023, Musenyeri Anaclet Mwumvaneza, Umwepiskopi wa Diyosezi ya Nyundo yagiriye uruzinduko ku kirwa cy’Iwawa anatura Igitambo cya Misa, yaherewemo n’amasakaramentu y’ibanze abagera kuri 84 bagororerwa kuri iki kirwa.

Mu gitambo cya Misa, Musenyeri Anaclet yatanze amasakaramentu y’Ibanze ku bagera kuri 53 bahawe Batisimu, 7 bahabwa Ukarisitiya ya mbere naho 24 barakomezwa, abandi 4 bagarukira Imana.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Cyuzuzo J d’Arc uherutse kwibaruka nyuma y’amezi atandatu ashyingiwe, yagize icyo avuga mu bihe yari ari gucamo (AMAFOTO)

“None agiye bitabaye” Umwana wakuze atazi ababyeyi be ariko arerwa na Pastor Théogene, yatanze ubuhamye bw’ukuntu uyu yita Se yabakundaga maze abari aho barushaho kurira (Amafoto)