in

“Baje no kunywa za Champagne” Umunyamakuru w’imikino, Muramira Régis yatangaje amagambo akakaye ubwo yavugaga kuri Camarade wagizwe umuyobozi mushya muri FERWAFA

Umunyamakuru w’Imikino kuri FINE FM, Muramira Régis, yashidikanyije ku bushobozi bwa Kalisa Adolphe ‘Camarade’ wagizwe Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA.

Mu kiganiro Urukiko rw’ubujurire kuri FINE FM, Muramira Régis yagize ati “Icyashoboka, Umunyamabanga wa FERWAFA bamushakire undi munyamahanga uzajya ukora akazi, abandi bazajye bicara mu biro, bajye guhura n’abo muri FIFA baje no kunywa za shampanye (Champagne).”

 

Kalisa Adolphe ‘Camarade’ yemejwe nk’Umunyamabanga Mukuru mushya w’Ishyirahamwe Nyarwanda rya Ruhago, FERWAFA. Uyu mwanya wari umaze igihe uriho Karangwa Jules mu buryo bw’agateganyo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Habaye impanuka iteye ubwoba yahitanye abantu batatu harimo n’umwana muto cyane abandi barakomereka bikabije

Yaramuhoboye amuhuza n’ibyuma: Umunyamakurukazi Rigoga Ruth kwihangana byanze maze yerekana amafoto meza cyane yahuje urugwiro n’umukecuru wihebeye Mukura -AMAFOTO