in

Bahahinduye muri Lodge: Ishyamba risambanyirizwamo abanyeshuri b’abakobwa, rikomeje guteza uruntu runtu

Mu mu Murenge wa Rukara, mu Kadere Karere ka Kayonza, haravugwa ko hari ishyamba ryabaye indiri y’abasambanya abanyeshuri b’abakobwa.

Abatuye aho bavuga ko iryo shyamba riganwa n’abagabo bari kumwe n’abanyeshuri b’abakobwa baba bagiye gusambanya.

Amakuru avuga ko abo bagabo bashukisha abo bana utuntu tw’utureshya bana ni uko bagacunga bugorobye maze bakabajyana muri iryo shyamba kugira ngo babasambanye.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Ummurenge wa Rukara, Nyirabizeyimana Immaculée, yavuze ko iryo shyamba batari barizi.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibikorwa bye birivugira: Menya amateka y’umugabo wagatangaza wahanze ibendera ry’igihugu cy’u Rwanda n’inoti zikomeye zirimo iza bitanu mukunda cyane hamwe n’ibiceri ndetse n’ibindi bihangano bikomeye bya hano mu Rwanda

Yari amaze nk’utwite: Umukobwa w’icyamamare kuri Instagram yitabye Imana ubwo yihaga gutwara cocaine mu nda ye