in

Bagiye kuriyira! Kenny Sol na Dj Pius baraye bavuye mu Rwanda (AMAFOTO)

DJ Pius na Kenny Sol berekeje mu Bubiligi aho bategerejwe mu gitaramo. Mu ijoro ryo ku wa 3 Werurwe 2023 rishyira ku wa 4 Werurwe 2023 nibwo DJ Pius na Kenny Sol bahagurutse i Kigali berekeza i Brussels mu Bubiligi aho bafite igitaramo ku wa 4 Werurwe 2023.

Aba bahanzi barataramira i Brussels mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Werurwe 2023 aho bari butaramana na Jules Sentore umazeyo igihe.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Benshi bazi ko amata y’ihene(amahenehene) ahabwa abana barwaye bwaki gusa, menya akamaro kayo n’indwara akiza utangire kuyanywa

Ubukene bugiye gutuma Fc Barcelona igurisha abakinnyi bayo 3 b’inkingi ya mwamba bari bayifatiye runini