in

Bafashwe bibye ibitenge mu iduka, bataka inzara

Mu karere ka Musanze hakomeje kumvikana abaturage bavuga ko babangamiwe n’ubujura bukorwa n’abagore ndetse n’abakobwa bakiri bato.

Ni nyuma y’uko abagore n’abana bato babakobwa bafashwe bibye ibitenge mu iduka ryo muri ako karere.

Aba bafashwe bavuga ko inzara imeze nabi akaba ariyo mpamvu bishora mu bujura kugira ngo babone amafaranga yo guhaha ibyo kurya.

Bamwe mubabonye abo babyeyi n’abana bavuga ko iki kibazo cyakemurwa no kuba bashakirwa imirimo bakuramo amafaranga abatungu.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wambaye neza! Imyambarire y’Umunyamakuru Axel Rugangura yemeje abantu kuri instagram

Bayern Munich iremeza abakinnyi 2 ba FC Barcelona bateye ubwoba igomba kwitaho uyu munsi