in

Babo yerekanye umukunzi we (Amafoto)

Umuhanzikazi Babo Ekeight usanzwe aba mu gihugu cy’Ubudage akaba kuri ubu arimo kubarizwa mu gihugu cy’U Rwanda yerekanye umukunzi we. Ni mugihe hari hashize igihe havugwa ko Babo yaba ari umutinganyi ariko aya makuru yakomeje kuyanyomoza avuga ko ataribyo.

Mu kiganiro Babo yagiranye na Max Tv aho yari agiye kwamamaza indirimbo ye nshya yise I’m in Love yari yaherekejwe n’umusore witwa Kevin akaba yavuze ko ari inshuti ye magara nyamara dukurikije uko barebanaga ndetse n’ukuntu Babo yari afite isoni mu kiganiro bigaragarira ku maso ye ndetse n’uko yasubizaga twahise tuvumbura ko uyu musore ari umukunzi we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gusubiza ibihe inyuma bigiye kuvugutirwa umuti

Noneho ak’abahanzi b’abaswa bo mu Rwanda kashobotse