in

Babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho kwica umuvunjayi n’umushoferi bakoresheje imbunda

Abantu babiri batawe muri yombi bakurikiranyweho kwica umuvunjayi n’umushoferi babarashe.

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku bufatanye n’izindi nzego z’umutekano yataye muri yombi abantu babiri, bakekwaho kwica umuvunjayi witwa Mujyambere Idrissa w’imyaka 49 na Kayitare Jean Pierre w’imyaka 45 wari umushoferi, bakoresheje imbunda nto ya pistolet.

Abo batawe muri yombi bashyikirijwe Inzego zishinzwe iperereza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese ujya ugira Hangover?, dore bimwe mu bintu byoroshye kubona kandi bivura Hangover vuba kubayigira

Igikombe cy’isi:Ubufaransa bwa Mbappé bwisasiye Poland