in

B_Threy mu mitoma myinshi yifurije umukunzi we isabukuru nziza y’amavuko

Abinyunyijije ku rukuta rwe rwa Instagram umuhanzi B_Threy mu magambo y’urukundo yifurije umukunzi we isabukuru nziza y’amavuko.

B_Threy yagize ati:Uyu munsi ni umunsi wumwamikazi umunsi mwiza w’amavuko roho yanjye itanduye, Turabagirana mumpande zose. Ahahise hawe harahiriwe, ibihe byawe by’ubu birizewe kandi ejo hazaza hawe hafite umutekano.Nta munsi ushira ntatekereje ukuntu ubuzima bwanjye bwangerekera igihe utari hano bwaba ubusa utari hano. Ndifuza guhuza umutima wanjye nawe kuri uyu munsi mukuru w’amavuko. warakoze kuba uri kuri njye.Ndagukunda maman.

B_threy ni umuhanzi nyarwanda uririmba injyana ya Kinyatrap akaba ari no mubatumye imenyekana afatanyinye n’umuhanzi Bushali hamwe na Slum Drip.

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Impanga zarakuze disi” Riderman yagaragaye agirana ibihe byiza n’abana be (video)

Dore bimwe mu bimenyetso 5 simusiga bishobora kukwereka ko umukunzi wawe atakikwiyumvamo