in

B-Threy yatangaje umunsi w’ubukwe bwe avuga n’udushya tuzakurikira ubwo bukwe

B Threy wamamaye mu njyana ya Kinya Trap yateguje abakunzi be ubukwe ndetse atangaza n’ibizakurikira nyuma y’ubukwe.

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 11 Werurwe 2023, umuraperi B Threy azakora ubukwe n’umukunzi we, usibye ubu bukwe uyu muhanzi azakora igitaramo kizakurikira ubukwe bwe, aho kizabera kuri Institut Français Kigali, guhera ku i saa kumi n’ebyiri za nimugoroba, aho azaba anamurika EP ye yise For Life

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Papa yateme mama tureba umutwe awunaga mu ndobo, ubuhamya bw’abana biciwe nyina yishwe na se bwatumye bamwe barira guhora biranga(Videwo)

FC Barcelona yahamijwe ibyaha bya ruswa n’uburiganya

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO