in

Azi kwitegereza akamenya uzamubera nyina w’abana be! Mu mafoto, reba ubwiza bw’umukobwa wasajije Elements Eleeh ugezweho mu gutunganya imiziki (AMAFOTO)

Azi kwitegereza akamenya uzamubera nyina w’abana be! Mu mafoto, reba ubwiza bw’umukobwa wasajije Elements Eleeh ugezweho mu gutunganya imiziki.

Mu mafoto amugaragaza neza, Kelia RUZINDANA bivugwa ko akundana na Elements yerekanye uburanga bwe.

Uyu mukobwo ni umwe mu bitabiriye irushanwa ry’ubwiza rizwi nka Miss Rwanda 2022.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

‘Urwego rwo gutemberera mu modoka yararurenze kubera amafaranga asigaye afite’ Miss Mutesi Jolly yagaragaye ari gutembera Urwanda rw’imisozi igihumbi yicaye muri rutemikirere nk’ibindi bikomerezwa byose [AMAFOTO+VIDEO]

‘Buretse gato, ashobora kuba agiye gushaka umugore’ Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi yaciye amarenga nyuma y’ikibazo yibarije abakunzi be