in

Azaba afite ingo ebyiri! The Ben yavuze ahantu azatura we n’umugore we maze abantu baratungurwa

Azaba afite ingo ebyiri! The Ben yavuze ahantu azatura we n’umugore we unyotewe i Burayi.

Mu kiganiro na Radio Rwanda, The Ben yavuze aho azatura we n’umugore we Miss Uwicyeza Pamella.

Yabajijwe aho azatura n’umugore we Uwicyeza Pamella, asubiza ko ari hose ariko cyane cyane mu Rwanda.

Yavuze ati “Tuzaba hombi! Kuko aha ni mu rugo, turahafite.”

Ubukwe bwabo buzaba ku wa 23 Ukuboza 2023 muri Kigali Convention Center (KCC) mu Mujyi wa Kigali.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amashirakinyoma ku makuru yavuzwe ko rutahizamu Sugira Ernest watumye abanyarwanda bakunda ruhago basokana amasume ko yaba yasezeye mu ikipe y’igihugu Amavubi

“Yarwaye icyumweru kimwe, icya kabiri arapfa” Agahinda n’amarira biracyari byose kuri Mama Nick uherutse gupfusha umwana we (VIDEWO)