in

“Ayo mafaranga yose se ninge uzaba ugiye kurongorwa” Amafaranga The Ben na Pamella batse abatazagera aho ubukwe buzabera akomeje gutera impagarara -AMAFOTO

Nyuma yaho hashyizweho ahantu abantu bifuza kuzitabira ubukwe bwa The Ben na Pamella ariko batazabasha kugera aho buzabera igiciro cyashyizweho gikomeje kuvugisha benshi.

Uyu muhanzi yateguye uburyo kubazabukurikira hifashishijwe ikoranabuhanga bagasabwa kwishyura ibihumbi 50 by’amafaranga y’u Rwanda.

Gusa abantu bakomeje kugaragaza ko iki giciro Kiri hejuru cyane kuburyo batabyumva ukuntu wakishyura ayo mafaranga Kandi utazagera aho bwabereye.

Reba ibitekerezo byatanzwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umurundikazi wimye Dogiteri Nsabi yongeye kumwishima hejuru

Ubukwe bwahumuye! Soleil wo muri filime ya Bamenya ati “Mwese muratumiwe.” -AMAFOTO