imikino
Aubameyang yasabye ikintu kimwe gusa kugirango yemere kuguma muri Arsenal

Mu gihe asigaje umwaka umwe gusa muri ikipe ya Arsenal, Pierre Emerick Aubameyang umaze kugaragaza ko ari umwe muri ba rutahizamu bakomeye ku mugabane w’uburayi ni umukinnyi wifuza n’amakipe atari make ku mugabane w’Uburayi. Akaba ari muri urwo rwego rero ikipe ya Arsenal imaze iminsi imuhendahenda ngo abe yakongera amasezerano ye, gusa uyu musore nawe hari icyo yifuza gukorerwa kugirango abe yakwemera.
Nkuko ikinyamakuru ESPN kibitangaza, Aubameyang arifuza kongererwa umushaha ku buryo bufatika akava ku bihumbi 200 by’amapound (200 000£) asanzwe ahembwa ku cyumweru akajya noneho ahembwa ibihumbi 250 by’amapound (250 000£) ku cyumweru.
ESPN ikaba ikomeza ivugako ibiganira hagati ya Arsenal n’abahagarariye Aubameyang bikomeje kugenda neza ko biramutse nta gihindutse uyu musore yasinya amasezerano mashya y’imyaka igera kuri itatu muri Arsenal.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda24 hours ago
Inkuru ibabaje: I Kigali umusore ariyahuye nyuma yo kwanduzwa SIDA n’umukunzi we.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Rwanda: ku myaka 20 agiye kurushingana n’umugore w’imyaka 50 |hari abamwita umukecuru|Basomanye turumirwa
-
Imyidagaduro14 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi18 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umubyeyi yataye ubwenge ubwo yumvaga ko umuhungu we w’imyaka 17 yateye inda bashiki be babiri .
-
Mu Rwanda17 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
urukundo3 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda16 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.