in

Aubameyang yagaragaye mu isura idasanzwe agenera ubutumwa bukomeye Barça.

Abakinnyi bakomeye ku ruhando mpuzamahanga cyane cyane mu burayi, bafashe umwanya wo gusangiza ababakurikira uko bamerewe mu biruhuko aho bagiye bari hatandukanye.

Nyuma yuko mu makipe bagiye bakinira  bahuye n’ibihe bitoroshye, yaba imvune ndetse no kudakina, ubungubu bagiye mu byerekezo bigiye bitandukanye kumva umuyaga kugirango basubize ubuzima ku murongo.

Uwahoze akinira Arsenal, Pierre Emerick Aubameyang, yafashe umwanya ariyogoshesha mu gihe ari mu biruhuko we n’umuryango we.

Aubameyang yagize amahirwe yo kumara igice cya Kabiri cya Season muri Barcelona aho yabashije gutsinda ibitego 13 mu mikino 23 yayikiniye.

Mu butumwa bwe yatangajeko yiteguye kwitwara neza ndetse agatanga ibyo ashoboye byose kugirango FC Barcelona yitware neza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yagaragaye ari kuniga mugenzi we none bamutaye muri yombi

Breaking News:Bitunguranye Humble Jizzo agiye kwerekeza muri Kenya..