in

“Atangiye kubyimbya umutwe se?” Abanyarwanda bariye Karungu nyuma yo kubona amashusho y’umukinnyi w’Amavubi wavuye mu kibuga akora ibintu bigayitse -AMASHUSHO

“Atangiye kubyimbya umutwe se?” Abanyarwanda bariye Karungu nyuma yo kubona amashusho y’umukinnyi w’Amavubi wavuye mu kibuga akora ibintu bigayitse.

Bamwe mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda bagiye batangaza amagambo akakaye ubwo babonaga Hakim Sahabo igihe yasimbuzwaga n’umutoza w’ikipe y’igihugu yaravuye mu kibuga yarakaye cyane kandi Muhire Kevin wamusimbuye nawe yarakinnye neza.

Amashusho y’uburyo Hakim Sahabo yasohotse mu kibuga mu mukino u Rwanda rwanganyijemo na Zimbabwe 0-0 i Huye:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ndekwe Paulette ufite ubwiza budasanzwe niwe werekeje muri Malaysia aho yaserukiye u Rwanda mu irushanwa ry’ubwiza rya Miss Cosmo World – AMAFOTO

Yabishyize ku rundi rwego! Crush wa Juno, Joyeuse yasohoye indirimbo ayita ‘wowe Juno’ – videwo