in ,

Asinah yandagajwe n’abafana be ku bijyanye no kwikingaho ikoma

Umuhanzikazi Asinah wamenyekanye cyane hano mu Rwanda kubera indirimbo zitandukanye yagiye ahimba ndetse n’ibitaramo yakoreye hirya no hino mu Rwanda bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi, ku munsi w’ejo yandagajwe n’umwe mu bafana be wamubwiye ko azikinga ikoma mu maso ahandi hagasigara hambaye ubusa.

Ibi umwe mu bafana ba Asinah abitangaje nyuma y’igihe kitari gito benshi mu byamamare byo mu Rwanda batangiye kwifotoza bikinzeho ikoma.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Jose Mourinho ahuye n’ikibazo gikomeye gihangayikisha abafana ba Manchester United

Urukundo Meddy yemerewe n’inkumi i Nyamasheke rwongereye urujijo mu bafana