in

“Asigaye akomeye nk’umugabo” i Kigali, umugabo atewe ubwoba n’ukuntu umugore we yakoze imyitozo y’akataraboneka akaza gukomera nk’abagabo aho asigaye abyukira no muri pompage

Kigali, Rwanda - August 17 2022: A view of the Kigali skyline taken from Gisozi.

“Asigaye akomeye nk’umugabo” i Kigali, umugabo atewe ubwoba n’ukuntu umugore we yakoze imyitozo y’akataraboneka akaza gukomera nk’abagabo aho asigaye abyukira no muri pompage.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, umugabo yagishije inama y’icyo yakora kuko umugore we amaze gukomera nk’abagabo.

Ku rubuga rwa Facebook niho yagishije inama.

Yagize ati: “Mwaramutse neza Kiss Fm. umugore wanjye akunda gukora sports cyane. noneho akimara kubyara yarabyibushye cyane yigira inama yo kongera umwitozo cyane ko ko yari yarumvise ko nabandi nka ba Sandrine ariko bagiye babigenza. Ikibazo mfite rero akora sports nyinshi kuburyo njye mbona arenza urugero. Asigaye akomeye nkumugabo, imizigo muri butu ayikuramo, abwira abana ngo bajyane muri gym cyangwa mucaka. mu gitondo mu cyumba aba ari muma pompage. Bisigaye bintera ubwoba kuko n’uburyo atekerezamo bumaze guhinduka, asigaye ambwira ngo aba abona nta mbaraga mfite. Sports asigaye ayirutisha ibindi bintu byose kuburyo iyo igihe cyayo gihuriranye n’ikindi kintu cyari ingenzi tugisubika sports ikabanza. Si ukuyanga ariko rwose iri kumpindurira umugore bidasanzwe. Mungire inama.”

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubuzima bwe buri habi, Diamond Platnumz utegerejwe i Nyarugenge akomeje kurembera mu bitaro

Umuyobozi muri Rayon Sports arimo kwikomwa cyane na bamwe mu bakunzi bakadasohoka b’iyi kipe kubera ikintu gikomeye arimo gukora kitari cyiza