in

AS Kigali yazanye undi rutahizamu mpuzamakungu

Ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali bwamwerekanye mbere yo gutangira umukino w’igikombe kiruta ibindi Super Cup ikipe yahuyemo na APR FC bikanarangira bagitwaye.

Felix Kone Lottin ni undi mu kinnyi mushya As Kigali yinjije nyuma yo gukomeza kwiyubaka dore ko izahagararira u Rwanda mu gikombe cya CAF Confederation.

Uyu mukinnyi Kone Lottin yasinyishijwe amasezerano y’imyaka ibiri. Amakuru avuga ko uyu rutahizamu afite imyaka 24 y’amavuko.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben yafashe mu mugongo Meddy wagize ibyago

Papa Sava yibutse umubyeyi we witabye Imana