in

AS Kigali ibambiwe i Gorogota habura iminsi mbarwa ngo Yesu avuke

Ikipe ya AS Kigali itsindiwe i nyagatare na Sun Rise football club ibitego bibiri kuri kimwe.
As Kigali yari yekeje i Nyagatare gukina na Sun Rise umunsi wa 15 wa Championa y’ikiciro cya mbere mu Rwanda ngo itsinde ihita yizera gusoza igice kibanza cya Championa iyoboye urutonde rw’agateganyo ariko itsinzwe nabi cyane.

Ibitego bibiri bya Sun Rise byatsinzwe na Babuwa Samson ku munota wa 58 na Yafesi Mubiru ku munota wa 68 mu gihe igitego kimwe rukumbi cya AS Kigali cyatsinzwe na Jacques Tuyisenge ku munota wa 89.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yahawe amahirwe na Sunrise yo kurangiza igice kibanza cya shampiyona iyoboye

Umusore ari mu marira nyuma yo kujyana umushahara wa nyina wose mu kiryabarezi bakawurya