in

Abakunzi b’umureti bari mu gihombo

Muri Afurika y’Epfo ibikomoka ku bworozi bw’inkoko, ni ukuvuga inyama n’amagi ni bimwe mu bicuruzwa biri gukosha, bigizwemo uruhare n’indwara y’ibicurane by’ibiguruka biherutse kwirara mu nkoko nyinshi muri iki gihugu.

Uretse kuzamuka kw’ibiciro by’inyama n’amagi, hari n’aho ibi bicuruzwa byabuze burundu ha handi ushobora kuba ufite amafaranga yawe ukabura igicuruzwa ku isoko.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

The Ben yashyizwe ku gitutu none yafashe umwanzuro wa kigabo areka ibyo kurira

Amarira n’agahinda ku maso ya Wizkid uri kwitegura umuhango wo gushyingura umubyeyi we