in

Aretse gukina yisangira umugore! Umukinnyi wakanyujijeho muri As kigali na APR FC yaretse gukina umupira w’amaguru yisangira umugore we muri America (Amafoto)

Umukinnyi w’umunyarwanda ukina mu kibuga hagati waherukaga mu ikipe ya Mukura Victory Sports yajemo avuye muri APR FC, Nkomezi Alex, yaretse gukina umupira w’amaguru yisangira umugore we Murinda Claudine.

Nkomezi Alexis wakinnye umupira w’amaguru mu makipe nka APR FC, AS Kigali, Gorilla FC n’andil, yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe z’America, aho yasanze uyu mufasha we usanzwe atuyeyo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye amanota bafatiyeho kugira ngo abanyeshuri bahabwe ibigo biga bacumbikirwa ‘Boarding schools’

Umwana witwa Benie w’imyaka 10 yabaye igitaramo kuri Twitter nyuma y’amagamba y’abantu bakuru yavuze ku bakobwa babasirimu birata – VIDEWO