in

“Araguhenesha hoshye uri itungo” Abagore bo muri Nyaruguru barataka ihohoterwa bakorerwa n’abagabo babo bareba filime z’urukozasoni maze bakaza babakoreraho ibyo barebyemo (VIDEWO)

Abagore bo muri Nyaruguru barataka ko bahohoterwa n’abagabo bareba filime z’urukozasoni maze bakaza babakoreraho ibyo barebyemo.

Abagore bo mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko abagabo babo badukanye umuco wo kureba filimi z’urukozasoni bigatuma bashaka kubakoresha ibyo bo bita amahano.

Ibi bivamo gukimbirana ndetse bakanakubitwa kuko ngo ko hari igihe umugabo amubwira ngo hena maze we akabyanga kuko ngo atari itungo bigatuma bashyamirana.

VIDEWO

https://twitter.com/AissaCyiza/status/1655649881812262925?t=bdcnSVFZDGsKvRWZPV9mfw&s=19

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uru si urukundo gusa! Harmonize yoherereje Yolo The Queen akayabo k’amafaranga, amubwira n’icyo agomba kuyakoresha

Yifashe kuri ya mabuno amuhesha ibihembo, Aliah Cool yibwiye ikintu gikomeye cyane bituma n’ibindi byamamare bimuhundagazaho amagambo atari make (AMAFOTO)