in

APR FC yongeye gutsindwa na Bugesera FC mu mukino wa gicuti

Ikipe ya Bugesera FC yatsinze APR FC igitego kimwe ku busa mu mukino wa gicuti wabereye mu Karere ka Bugesera.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Mutarama 2023, ikipe ya APR FC yari yakinnye na Bugesera FC mu mukino wa gicuti aho amakipe yombi ari kwitegura imikino yo kwishyura (Phase Retour).

Umukino warangiye Bugesera FC itsinze igitego kimwe ku busa bwa APR FC, iki gitego kikaba cyatsinzwe na Ishimwe Saleh.

APR FC yasoje imikino ibanza iri ku mwanya wa 3 n’amanota 28, mu gihe Bugesera FC yari ku mwanya 12 n’amanota 18.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Umwe mu bana 7 yibarutse yitabye Imana ,none ibitaro nabyo birikumwishyuza miliyoni zirenga 44

Umwarimu wibarutse abana b’impanga 7 aratabaza nyuma y’uko ibitaro biri kumwishyuza amafaranga ataratunga mu buzima bwe

Imodoka ya Howo yahitanye umwana muto cyane shoferi ahita akora Ikintu kitari kiza nagato