in

APR FC yateguye umukino wa gishuti ukomeye cyane itera benshi kuyibazaho kubera ikintu gikomeye yatangaje

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 2 nzeri 2022, ikipe ya APR FC yatangaje ko ifite umukino wa gishuti n’ikipe ya Mukura Victory Sport gusa iza gutangazako ntamufana wemewe.

Ibi iyi kipe yatangaje ntabwo ari ubwa mbere ibikoze kuko no mu minsi ishize shampiyona itaratangira yakinnye na Gasogi United ndetse na Police FC nta bafana cyangwa abanyamakuru wemewe.

Iyi kipe irimo gukina iyi mikino yose nta mutoza wayo mukuru ifite wagiye gushaka lisanse ya CAF bivugwako arimo kuyikorerera iwabo mu gihugu cya Marocco.

Adil Mohamed umutoza w’iyi kipe byari biteganyijwe ko aragera mu Rwanda ku munsi w’ejo hashize tariki 31 kanama 2022 ariko ntamakuru yigeze atangazwa ko yaba yageze i kigali.

Uyu mukino APR FC igiye kuwukina nyuma yo gutsindwa na Etincelles FC ibitego 2-0 irushwa cyane kandi irimo kwitegura gusohokera igihugu mu mikino mpuzamahanga.

APR FC yatenguye umukino wa gishuti ukomeye cyane itera benshi kuyibazaho kubera ikintu gikomeye yatangaje

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 2 nzeri 2022, ikipe ya APR FC yatangaje ko ifite umukino wa gishuti n’ikipe ya Mukura Victory Sport gusa iza gutangazako ntamufana wemewe.

Ibi iyi kipe yatangaje ntabwo Ari ubwa mbere ibikoze kuko no mu minsi ishize shampiyona itaratangira yakinnye na Gasogi United ndetse na Police FC nta bafana cyangwa abanyamakuru wemewe.

Iyi kipe irimo gukina iyi mikino yose nta mutoza wayo mukuru ifite wagiye gushaka lisanse ya CAF bivugwako yagiye kugukorera iwabo mu gihugu cya Marocco.

Adil Mohamed umutoza w’iyi kipe byari biteganyijwe ko aragera mu Rwanda ku munsi w’ejo hashize tariki 31 kanama 2022 ariko ntamakuru yigeze atangazwa ko yaba yageze i kigali.

Uyu mukino APR FC igiye kuwukina nyuma yo gutsindwa na Etincelles FC ibitego 2-0 irushwa cyane kandi irimo kwitegura gusohokera igihugu mu mikino mpuzamahanga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza w’Amavubi agiye gusinyira ikipe nshya ikomeye ihora idutwara abatoza

Imyambarire ya The ben na Pamella ikomeje kuvugisha abatari bake kuri Twitter