in

APR FC yamaze kurangizanya n’umutoza utajya wumvikana na rimwe n’umutoza mushya wa Rayon Sports

Umutoza APR FC yamaze kumvikana nawe afite ibigwi ku isi yose nyuma yo gutoza amakipe akomeye.

Uwari umutoza ukomeye w’ikipe ya USM Alger yo mu gihugu cya Algeria witwa Thierry Forger yamaze kumvikana n’ikipe ya APR FC vuba araba yamaze kugera hano mu Rwanda.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo hamenyekanye amakuru avuga ko uyu mutoza watoje USM Alger ndetse yanakiniye ikipe zikomeye mu gihugu cy’ubufaransa yarangizanyije na APR FC.

Uyu mutoza watoje ikipe ya Lille yo mu gihugu cy’ubufaransa amakuru avuga ko yigeze guhura n’umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Yamen Zelfani bose ari abatoza ariko ntabwo bajya bumvikana na rimwe, bivuze ko tugiye kureba umupira uryoshye uzajya uba wahuje Rayon Sports na APR FC.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntacyo yabahishe: Mu mafoto ashotorana Frida Kajala yagaragaje igituma abagabo bamukoreraho inkomati (Amafoto)

Mu mafoto utahaga kureba kubera ukuntu barimo gusa bose abatoza bashya ba Rayon Sports bishimiye ikipe basanze mu Nzove