in

Apr Fc yamaze kumvikana n’umukinnyi wifuzwaga cyane na Rayon Sports

Umukinnyi w’ikipe ya Marine Fc Ishimwe Fiston yavuze ko yakuranye Inzozi zo kuba umukinnyi w’umunyamwuga, kuru ubu yamaze kumvikana na Apr Fc.

Mu kiganiro yagiranye na Royal Fm yavuze ko azatangaza ejo hazaza he nyuma ya shampiyona gusa ariko amakuru ahari nuko yamaze kumvikana na Apr Fc ko azayikinira umwaka utaha.

Nubwo uyu musore yamaze kumvikana n’ikipe ya Apr Fc hari n’andi makuru avuga ikipe ya Rayon Sports yamushatse hasi hejuru gusa ariko uyu musore yahisemo kujya mu ikipe yamureze.

Uyu musore niwe munya-Rwanda umaze gutsinda ibitego byinshi dore ko amaze gutsinda ibitego 9 aho yanatanze imipira 9 ivamo ibitego.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Antonio Rudiger yatangaje amagambo akubiye mu kiganiro yagiranye na Carlo Ancelotti.

Igikorwa Yolo The Queen yakoze gishobora kuzamujyana mu Ijuru adapfuye